Print

Umugabo yatunguye benshi nyuma yo kuryamana n’abagore 300 ku munsi umwe gusa

Yanditwe na: Martin Munezero 3 November 2019 Yasuwe: 3921

Mu gihugu cya Zimbabwe Hari kuvugwa inkuru itangaje aho umugabo uzwi ku mazina ya Tendamudzimu yivugiye ko yaryamanye n’abagore 300. Kuryamana n’abagore ubwacyo sicyo kintu gitangaje ahubwo igitangaje kirimo nuko uyu mugabo yaryamanye nabo mu ijoro rimwe. Aba bagore yaryamanye nabo,kuri buri umwe wese uyu mugabo avuga ko yarangije(Gusohora ku mugabo).

Tendamudzimu akomeza avuga ko mu buzima bwe akunda kurya ibirirwa birimo Maheu , imineke ,ubunyobwa ndetse n’amagi.

Yakomeje avuga ko papa we yari afite abagore 45 n’abana 126 ,uyu tendamudzimu akaba yari umwana we yakundaga kurusha abandi bose , tendamudzimu avuga ko i se hari ibanga yamumeneye ari naryo Guhera icyo agikoresha kandi akaba yishimiye ko iryo banga ryamufashije kurenza nuko yari aryiteze.

Tendamudzimu ikindi yongeyeho nuko abo bagore bose yaryamanye nabo ,baramwishimiye ngo bahora bamusaba kongera kugirana na we ibihe byiza.


Comments

Emmanuel 4 November 2019

Ababonye Temarigwe arya, ngirango mwabonye KO ibyo avuga n’ibyo alors bitandukanye. Uyu nawe mbona ari Temarigwe kbs. Abagore 300 !!?? Ubwo uwamuha na 1/4 cyabo yabashobora? Umenya yarumvise igitekerezo cya Salomon akibwira KO yaryamanaga nabo ijoro rimwe.! Abiyemezi baragwira!


gakuba 3 November 2019

IYI NKURU SIYO, URETSE NUKO ATABONA ABAGORE 3OO BAMEEMERERA KURYAMANA NAWE IJORO NAMASAHA 12 ISAHA IMWE NTIYARYAMANA NINDAYA 25!! BIVUZE KO BULI WESE UBWO ALI IMINOTA 2 UWO SEMUHANUKA*