Uyu muhanzi yabwiye umunyamakuru witwa Soudy Brown wo muri Tanzanie ati “Narinjiriwe” yavuze ko nta gitekerezo na kimwe azi ku by’ubutumire bwari bwemerejwe ku rukuta rwe rwa Instagram ndetse yanababajwe cyane n’ibyo Wasafi irimo ivuga ko azitabira ibi bitaramo mu ntangiriro zabyo.
“Oya urukuta rwanjye rwarashimuswe, nabonye ubutumwa kandi arinjye wabwanditse, nkeka ko ari ba rushimusi babikoze” Ali Kiba abwira umunyamkuru Brown, Biravugwa ko Ali Kiba atazagaragara mu bitaramo bya Wasafi Festival 2019 n’ubwo we yitegura kuzajya akorera indirimbo ze muri Konde boy ya Harmonize.