Print

Gen Niyombare aravugwa mu bwicanyi buri gukorerwa Abanyamulenge

Yanditwe na: Ubwanditsi 9 November 2019 Yasuwe: 6206

Me Bukuru avuga ko imitwe y’I Burundi irimo FNL Parpehutu, Red Tabara ndetse na Forebu ya Gen Niyombare wagerageje guhirika Nkurunzia ku butegetsi muri 2015 ariko ntibimuhire agahita ahunga.

Abanyamulenge nabo bashinze umutwe witwa Gumino ngo wo kwitabara, ariko akavuga ko bawushinze ngo abashe guhangana n’ibitero bya Mai Mai.

Me Bukuru avuga ko ubwicanyi buri gukorerwa abanyamulenge ari jenoside kandi bafite impungenge ko izabamaraho kuko amahanga ntacyo ari gukora ngo atabare.


Comments

Amini 9 November 2019

uwo mission ariho akoreshwa nirangira uzumva urukiko rwi la haye rumucakiye, urukiko rubanze rubaze igihugu cye ko kemera ko akurikiranwa na CPI kuko uburundi bwayivuyemo, Nkurunziza azahita avuga ati nimunkurire umwanda munzira. nawe azahita akatirwa imyaka 30. nguko uko politique ikinwa.


Amini 9 November 2019

uwo mission ariho akoreshwa nirangira uzumva urukiko rwi la haye rumucakiye, urukiko rubanze rubaze igihugu cye ko kemera ko akurikiranwa na CPI kuko uburundi bwayivuyemo, Nkurunziza azahita avuga ati nimunkurire umwanda munzira. nawe azahita akatirwa imyaka 30. nguko uko politique ikinwa.