Umuyobozi w’akarere ka Bugesera Mutabazi abinyujije kuri Twitter yashyize hanze amafoto yasuwe n’umubyeyi we (nyina) mu biro, aho yavuze ko yamusuye mu buryo butunguranye.
Mutabazi yavuze ko yamubwiye amwe mu makuru yo mu muryango nyuma akamubaza impamvu atagiye kurya.
Meya Mutabazi yagize ati “ Gusurwa bitunguranye na mama. Ubwa mbere mu biro bya meya. Amakuru macye yo mu muryango hanyuma ati “”Ubu se mwana wa, urarya ryari? Cwe! ( Hari saa 14:50). Antera urwenya nyuma ati “Ese wowe no mu kazi nuko [ni uko]!”
Akabura ntikaboneke maama
Cyaratuvunye .
ubuse iyinkuru ivuze iki !!