Print

Umubyeyi wa Mutabazi meya w’akarere ka Bugesera yamutunguye mu biro bye amubaza ikibazo gitangaje[AMAFOTO]

Yanditwe na: Martin Munezero 15 November 2019 Yasuwe: 14976

Umuyobozi w’akarere ka Bugesera Mutabazi abinyujije kuri Twitter yashyize hanze amafoto yasuwe n’umubyeyi we (nyina) mu biro, aho yavuze ko yamusuye mu buryo butunguranye.

Mutabazi yavuze ko yamubwiye amwe mu makuru yo mu muryango nyuma akamubaza impamvu atagiye kurya.

Meya Mutabazi yagize ati “ Gusurwa bitunguranye na mama. Ubwa mbere mu biro bya meya. Amakuru macye yo mu muryango hanyuma ati “”Ubu se mwana wa, urarya ryari? Cwe! ( Hari saa 14:50). Antera urwenya nyuma ati “Ese wowe no mu kazi nuko [ni uko]!”


Comments

Joslyne 17 November 2019

Akabura ntikaboneke maama


Bob 16 November 2019

Cyaratuvunye .


gakuba 15 November 2019

ubuse iyinkuru ivuze iki !!