Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kane taliki 21/11/2019 saa tanu za mu gitondo (11h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa wa Hacineza Jean Pierre uherereye mu Karere ka Nyaruguru, Umurenge wa Ruramba , Akagali ka Ruramba, kugira ngo harangizwe urubanza Sacco Ruramba yatsinzemo Hacineza Jean Pierre.
Cyamunara ikaba izabera aho umutungo uherereye. Niba ukeneye ibindi bisobanuro wasoma itangazo riri hano hasi cyangwa se ugahamagara kuri Tel igedanwa ya Me Rumamfura Matabaro Lionceau: 0788581602/0737805155.