Print

Udukingirizo twa Life Guard tugera kuri Miliyoni 1 dufite imyenge tukaba duhangayikishije abadukoresha

Yanditwe na: Martin Munezero 22 November 2019 Yasuwe: 1583

Icyo kinyamakuru kivuga ko Abanya Uganda bakoresha udukingirizo two mubwoko bwa Life Guard bahawe ubwenge bwo kubanza gusuzuma udukingirizo mbere yokudukoresha.

Uko niko icyo kinyamakuru cyanditse kuri uyu wa 21 Ugushyingo 2019 mu rurimi rw’Ikigande aho basabaga abantu bakoresha utu dukungirizo tuzwi ku izina rya Life Guard,kuzajya bitonda bakadusuzuma neza mbere yo kudukoresha,kuko ngo umuntu ashobora kwibwira ko yirinze kandi nyamamara atariko biri nta buziranenge bufite.