Print

Zari yabimburiye abandi kwitegura Noheli ataka inzu ye iby’agaciro[AMAFOTO]

Yanditwe na: Martin Munezero 22 November 2019 Yasuwe: 4530

Ni inkuru yashimishije abana be uhereye ku bato Tiffah na Nilan yabyaranye n’umuhanzi Diamond .

Uyu mubyeyi ukuze ariko ukunze kurangwa n’udushya turimo ibikorwa by’abato, Zari ngo ahanini Christmas y’uyu mwaka 2019 izarangwa no gusabana n’umuryango we ariko ngo azanafata umwanya wo kwibuka abe batakiriho ikindi ku uzashobora kugenderera urugo rwe yateguye impano zinyuranye.


Comments

hitimana 22 November 2019

NOHELI niwo munsi mukuru wizihizwa n’abantu benshi ku isi kurusha iyindi.Igitangaje nuko n’amadini atemera YESU nayo awizihiza cyane mu rwego rwo "kwishimisha": Aba Hindous,Abaslamu,aba Bouddhists,aba Shintos,Animists,etc... Nubwo bimeze gutyo,NOHELI niwo munsi ubabaza Imana kurusha iyindi kubera ko aribwo abantu bakora ibyaha cyane kurusha indi minsi.Barasinda ku bwinshi cyane,bakarwana,bakicana,bagasambana kurusha indi minsi mu rwego rwo kwishimisha.Nubwo isi yose iwizihiza bavuga ko ariwo Munsi Yesu yavutse,ni ikinyoma.Ntabwo Yesu yavutse le 25 December.Nta muntu uzi itariki Yesu yavukiyeho.Ikibi kurushaho,nuko iyo tariki yari umunsi mukuru Abaroma bizihizagaho Ikigirwamana cyabo kitwaga MITHRA.Imana itubuza kuvanga ibintu byayo n’ibyerekeye Ibigirwamana.Birayibabaza cyane.Niyo mpamvu abakristu nyakuri batizihiza Noheli.Abigishwa ba Yezu tugenderaho,nta na rimwe bizihije NOHELI.Yatangiye kwizihizwa n’Abagatolika le 25/12/354.