Print

Hagarika ibiganiro bivuga ko wagize ubuzima bubi-Rev.Nibintije

Yanditwe na: Dusingizimana Remy 22 December 2019 Yasuwe: 917

Mu ijambo « KURENGANYWA » ( VICTIM)muri vocabulaire nifashije mu ururimi rw’ icyongereza ni «

• I do not have an education( ntabwo nabashije kwiga)
• I was abused in my childhood ( Naranyanyashijwe mu buto bwanjye. Ariko aho menya mbivanzemo na Swahili)

•My Father deserted my mother( Papa yari yarirukanye Mama cyangwa Mama yari yarataye Papa)

Hagarika ibyo biganiro aho wabivugiye birahagije.

Ahubwo guhera kano kanya,

* Rwana iyo ntambara( Fight It) kuko ejo hazaza hawe HAGEZE.

Tangira gukora nkaho utigeze guhura n’ ibyo bibazo kuko,
Wasizwe amavuta yo kwegezayo ibyo bintu bigutera kwiganyira no kumva ko ntacyo ushoboye bitewe nibyo wahuye nabyo.

Nyumva neza ko utafashwe mpiri nibyakubayeho, ahubwo ukimara kumenya Yesu warabohowe.

Ntabwo uri « A Victim » ahubwo uri « A VICTOR »

Imana iguhe umugisha..!

Komeza kugira Weekend nziza.

We Love ❤ 💕 You....!

Nibintije Evangelical Ministries International (NEMI)
[email protected]
+14123265034(WhatsApp)


Comments

kamegeri 22 December 2019

Ndabaza Pastor.Ese ni bande Imana yasize amavuta?Ni abantu bose?Mu byukuri,urabwira nde?
Impamvu mbibaza,nuko pastors basigaye bizeza abayoboke babo ibitangaza,bakababwira yuko imana yaberetse ko bagiye gukira,kubona visa ijya muli Canada,etc...Please,sobanura.