Print

Waba ufite umusaruro mu ibitekerezo byawe?-Rev.Nibintije

Yanditwe na: Dusingizimana Remy 23 December 2019 Yasuwe: 344

Umunsi umwe ndi gusenga ku bijyanye n’icyo kibazo, nibwo Imana yambwiye amagambo y’ inshoberamahanga, amagambo asaba gutekereza cyane kugira ngo uyasobanukirwe.

Ubwo yagize iti » Umurimo wawe ntabwo ari uwo...

• Kwigisha nubwo ari byiza
• Kwandika ibitabo
•Ari ukumbwira ibyo bagukoreye
• ari kunyereka ko warenganyijwe

« Ahubwo umurimo wawe ni
ugukunda. »

Kubera ko nukunda, uzabasha:

• kubabarira
• kubasengera
•Kwihangana
•Kurwana intambara yo kwibohoza no kubabohora.

Umurimo wawe ni « ugukunda »
kuko ni ukunda uzakora icyo usabwa gukora muri iyo situation.

Kandi nuramuka wuzuye urukundo, Uzabasha no ...

« GUHINDURA ISI »

Imana ibidufashemo..!

Nibintije Evangelical Ministries International (NEMI)
[email protected]
+14123265034(WhatsApp)


Comments

karamaga 23 December 2019

Ngewe icyo nsomye kikanyubaka,ni aho Pastor avuze ngo:"Nugira urukundo uzahindura isi".
Ibi ni ukuri.Igituma iyi si yacu ibura amahoro,nuko abantu badakundana.Barabeshyana gusa.
Abantu baramutse bafite urukundo,bakirinda gukora ibi bikurikira: Kwiba,kurenganya,kubeshya,kurwana mu ntambara zo mu isi,gusambana,etc...Nta Genocides zakongera kubaho.Ibi byose byavaho burundu kubera ko abantu baba bakundana: Gereza,police,ingabo,Ministry of justice,Minadef,etc...Ntawakongera gufunga inzu cyangwa amaduka,kubera ko nta bajura baba mu isi,nta muzamu,etc...Iyo si twifuza,nta kabuza izabaho,Imana nimara gukura mu isi abantu bose babi.Nkuko Imigani 2:21,22 havuga,mu isi hazasigara gusa abantu beza bumvira Imana.