Print

Uko ibyamamare mu mupira w’amaguru byizihije umunsi mukuru wa Noheli [AMAFOTO]

Yanditwe na: Dusingizimana Remy 26 December 2019 Yasuwe: 4105

Kuri uyu wa Gatatu cyari ikiruhuko ku makipe akomeye I burayi ariyo mpamvu abakinnyi bafashe umwanya bajya kwizihiza Noheli bari kumwe n’imiryango yabo.

Abakinnyi barimo Paul Pogba,Mo Salah,Jesse Lingard,James Milner bose basangije abantu uko bizihije umunsi wa Noheli wabaye kuri uyu wa Gatatu.












Comments

mazina 26 December 2019

Isi,ibifashijwemo n’amadini,yahisemo NOHELI nk’umunsi wo kwinezeza.NOHELI niwo munsi mukuru wizihizwa n’abantu benshi ku isi kurusha iyindi.Igitangaje nuko n’amadini atemera YESU nayo awizihiza cyane mu rwego rwo "kwishimisha" no Gucuruza: Aba Hindous,Abaslamu,aba Bouddhists,aba Shintos,Animists,etc... Nubwo bimeze gutyo,NOHELI niwo munsi ubabaza Imana kurusha iyindi kubera ko aribwo abantu bakora ibyaha cyane kurusha indi minsi.Barasinda ku bwinshi cyane,bakarwana,bakicana,bagasambana kurusha indi minsi mu rwego rwo kwishimisha.Nubwo isi yose iwizihiza bavuga ko ariwo Munsi Yesu yavutse,ni ikinyoma.Ntabwo Yesu yavutse le 25 December.Nta muntu uzi itariki Yesu yavukiyeho.Ikibi kurushaho,nuko iyo tariki yari umunsi mukuru Abaroma bizihizagaho Ikigirwamana cyabo kitwaga MYTHRA.Imana itubuza kuvanga ibintu byayo n’ibyerekeye Ibigirwamana.Birayibabaza cyane.Niyo mpamvu abakristu nyakuri batizihiza Noheli.Abigishwa ba Yezu tugenderaho,nta na rimwe bizihije NOHELI.Yatangiye kwizihizwa n’Abagatolika le 25/12/354.