Uyu mukobwa ukunze gutuma benshi bacika ururondogoro kubera imyambarire ye,yongeye gusembura abagabo ashyira hanze amafoto yambaye imyenda igaragaza ukuguru kwe kose.
Pamela numwe mu byamamarekazi bifite amabere Manini mu gihugu cya Ghana ndetse abagabo benshi bo muri iki gihugu yarabasajije cyane ko ari karemano.
Muri aya mafoto yashyize hanze,Pamela yari yambaye ikanzu isatuye cyane yerekana imiterere ye cyane.
Aya mafoto yatumye abagabo barenga 1000 bamusingiza cyane bamusaba ko yabasangiza andi mafoto abakurura cyane.Hari n’abandi bamunenze bamubwira ko iyi myambarire idakwiriye ku mukobwa.
ariko njyewe narumiwe Koko