Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatanu taliki 03/01/2020 saa yine za mu gitondo (10h00) azagurisha mu cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe inzu yo guturamo uherereye mu mudugudu wa Murambi, Akagali ka Kabuguru I, Umurenge wa Rwezamenyo Akarere ka Nyarugenge ngo harangizwe urubanza BRD yatsinzemo Nizeyimana Jean Pierre.
Ku bindi bisobanuro wareba itangazo hano hasi cyangwa ugahamagara Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga Me Bajeneza Gervais kuri nomero: 0788357831/0785109745