Print

Mugabo Pie wabaye Minisitiri muri guverinoma ya mbere y’ubumwe yitabye Imana

Yanditwe na: Dusingizimana Remy 13 January 2020 Yasuwe: 1839

Amakuru y’urupfu rwa Mugabo yemejwe n’umwe mu banyamuryango b’ishyaka rya PL yigeze kubera Perezida ko yitabye Imana kuri iki Cyumweru aho yari arwariye mu bitaro byitiriwe umwami Faisal.

Uyu mugabo wari inzobere mu mategeko yanabaye umucamanza na Perezida w’Urukiko Rukuru. Mbere y’uko yitaba Imana, yari asanzwe atanga serivisi zitandukanye mu bijyanye n’amategeko.

Mu 2017, Mugabo ari mu bacamanza bahawe umudali w’ishimwe kubera uruhare rwe mu mitangire ya serivisi inoze mu rwego rw’ubutabera mu Rwanda.


Comments

nsengiyumva 13 January 2020

RIP Mugabo Pie.Ikibabaje nuko bavuga ko upfuye aba yitabye Imana.Gusa ngwe mbona ntaho bible ibivuga.Ahubwo ivuga ko abapfuye bumvira Imana kandi batiberaga gusa mu gushaka ibyisi,izabazura ku munsi wa nyuma.Ibyo bituma benshi bafatanya akazi gasanzwe no gushaka imana cyane.Kuzuka birashoboka cyane,kubera ko ntakinanira imana yaturemye.