Nkuko amashusho yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga yabigaragaje,uyu mugore yakuyemo imyenda yose agenda abyina mu muhanda yambaye ubusa.
Abo mu muryango we bavuze ko yari amaze iminsi 4 ageze muri iki gihugu cy’amavuko ariko ngo abanyeshyari bamuroze kugira ngo atazasubirana n’umugabo we.
Aba bakomeje bavuga ko uyu mugore utavuzwe amazina yatererejwe amarozi n’abatamwifurizaga gukomeza gutera imbere.
Abafashe aya mashusho bivugwa ko ari abagore bari kumwe,bagawe cyane na benshi kuko aho kugira ngo bafashe uyu mugore guhisha imyanya y’ibanga,bamufashe amashusho bayakwirakwiza ku mbuga nkoranyambaga.
Manawe tabara kuko niwowe ushobora byose ukize uyo muvandime burya disi ntaho ishyari ritaba 🤔🤔🤔🤔🤔
nuko abanyafurika twiberaho rwose,Imana yo mu ijuru imurengere imukize sekibi.