Print

Reba abakobwa 20 b’ikimero bemerewe guhagararira Umujyi wa Kigali muri Miss Rwanda2020

Yanditwe na: NIYIGABA DC CLEMENT 18 January 2020 Yasuwe: 5711

Uyu munsi habonetse umubare udasanzwe haba mu kwiyandikisha ndetse no mu bemerewe guhagararira Umujyi wa Kigali muri iri rushanwa.

Muri rusange Abakobwa biyandikishije bose hamwe ni 134 mu gihe abageze aho igikorwa cyabereye ari 41 maze 31 gusa baba ari bo batambuka imbere y;abagize akanama nkemurampaka.

Mu bakobwa bemerewe gukomeza mukindi kiciro ni 20 barimo Ishimwe Naomi wamamaye cyane ku mbuga nkoranyambaga wari wambaye Nomero 26.

Amazina yabakobwa bakomeje bose hamwe ni:

1. Tuza Prime Rose wari wambaye No 22

2. Mpinganzima Josephine wari wambaye No 19

3. Murerwa Blandine wari wambaye No3

4. Irakiza Alliance wari wambaye No24

5. Teta Mauren wari wambaye No4

6. Uwimpaye Marlene wari wambaye No25

7. Kamikazi Rurangirwa Nadine wari wambaye No 5

8. Utamuliza Ella wari wambaye No 17

9. Gaju Evelyne wari wambaye No 28

10. Umumararungu Ange Aline wari wambaye No10

11. Mutesi Denyse wari wambaye No 27

12. Ishimwe Divine wari wambaye No 14

13. Ishimwe Melissa wari wambaye No 21

14. Kamikazi Celia wari wambaye No8

15. Kirezi Rutaremara Brune wari wambaye No30

16. Mutegwantebe Chanice wari wambaye No7

17. Marebe Benitha wari wambaye No 15

18. Umulisa Rosemary wari wambaye No31

19. Ingabire Gaudence wari wambaye No23

20. Nishimwe Naomie wari wambaye No 26

VIDEO: IKIGANIRO NA BURI MUKOBWA WESE WAKOMEJE MURI MISSRWANDA I KIGALI


Comments

agaciro peace 20 January 2020

Wowe Ruterana n’abandi musangiye imyumvire n’imyemerere mufite ikibazo gikomeye cyo guhora muri negativism na za theories z’agahinda amadini yabapakiyemo. Uragirango umuntu ufite imyaka 20 areke kubaho yishimye anezerewe ngo nuko ku myaka 70 azaba ashaje? Ngo "ubuzima bwacu burababaje cyane"?? Wowe nande? Jya umenya ibyawe ubundi ugabanye izo nyigisho zo kwiheba ntacyo zimaze.


ruterana 19 January 2020

Aba bana bose ni beza.Ikibazo nuko ejo bose bazaba abakecuru ntihagire uwongera kubareba.Ubuzima bwacu burababaje cyane.Ni bake cyane barenza imyaka 70 muli Africa.Abazungu nabo ni bake barenza 80.Uzi ko hari abantu bajya bibaza ku buzima,maze babura igisubizo bagahitamo kwiyahura?Abandi nabo bakajyana ibibazo byabo mu madini,bibwira ko ariho bazakura igisubizo.Ndetse bamwe bakavuga ko imana izabaha ubuzima bw’iteka muli paradizo.Hariho n’abandi bahitamo kwishakira ibyisi bagakira cyane,bakumva ko ariwo muti w’ibibazo isi ifite.