Nyuma yo gutinda Seychelles ibiteg 10-0 mu mikino 2 y’ijonjora,Amavubi yagiye mu gakangara k’amakipe yagombaga gutombora itsinda aho yisanze mu rya E hamwe n’ibihugu bibiri byo mu karere k’Afurika y’Iburasirazuba.
Iyi Tombola yabaye kuri uyu wa Kabiri ibera I Cairo mu Misiri ku cyicaro cy’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Africa CAF.
Yari iyobowe na Marcel Dessailly ufite inkomoko muri Ghana ariko akaba yarakiniye Ubufaransa akabufaha kwegukana igikombe cy’isi 1998.
Imikino y’amajonjora yo gushaka itike y’igikombe cy’Isi izatangira mu Ukwakira 2020 ikomeze mu Ugushyingo nyuma y’imikino yo gushaka itike y’igikombe cy’Africa kizabera muri Cameroon 2021.
Muri aya matsinda yose uko ari 10, amakipe azaba aya mbere azatomborana kugira ngo hasigare 5 ahagararira umugabane w’Afurika muri Qatar.
Uko amatsinda yose ahagaze
AMAVUBI AZACAKIRANA NIYIHE KIPE
amavubi azabanza guhura ni yihe kipe hagati ya KENYA naUGANDA
Mwiriweho shuti nifuza ko mwanzamurira imano zimikino runaka ariyo;RUGUBI,FOOTBOLL,BASKET.
Amavubi yaba izakomeza mugikombe cy’isi2022