Uwitwa Mukankuranga Christine yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko mu mazina asanzwe yitwa akongeraho izina "Marie" bityo amazina ye akaba Mukankuranga Marie Christine mu bitabo by’irangamimerere.
Impamvu atanga zituma asaba guhindura amazina ni uko yahinduye amazi na ajya kuba mu Bubiligi kugira ngo abashe kwemererwa kubayo kandi akaba yifuza guhuza amazina akoresha hanze n’ayo mu Rwanda ngo bimufashe kugira icyo akorera mu Rwanda kijyanye n’iterambere.
Ingingo z’ingenzi yashingiyeho asaba inzego zibishinzwe guhindura amazina zikaba ziri hano hasi: