Agace ka 2 ka fim y’uruhererekane Mama Teta kasohotse. Muri iyi film bakinamo ubuzima busanzwe, umunezero, umubabaro ndetse n’ibibazo biri mu ngo muri rusange. Ni film nziza wakwigiramo byinshi byagufasha bikanakurinda mu buzima bwa buri munsi. Ntigucike niba usanzwe uri umukunzi wa film.
Mama Teta igice cya mbere