Uyu mukobwa watangaje benshi kubera ubwiza afite nyuma yo kuva mu buzima bubi yari abayemo muri Somalia,yatumye benshi barushaho kwizera ko nta kure cyane habaho Imana itakura umuntu cyane ko akiri umwana yari yararwaye indwara zatumye aba uruzingo kubera imirire mibi.
Uyu mukobwa wazahajwe n’imirire mibi na malaria akiri muto,yakunzwe n’umuryango w’abagiraneza bamujyana kumurerera muri USA none kuri ubu ni umwe mu bakobwa beza ku isi.
Uyu mukobwa yiga ibijyanye n’ibinyabuzima kugira ngo azabe muganga yite ku bana bahuye n’ubuzima bubi nkubwo yanyuzemo akiri muto.
IMANA NTAHO ITAKUVANA