Print

Jose Chameleone yagurishije inzu nziza yari yaraguriye umugore we ku kayabo k’amamiliyoni[AMAFOTO]

Yanditwe na: Martin Munezero 16 February 2020 Yasuwe: 5150

Ku ikubitro uyu muhanzi ubusanzwe witwa Joseph Mayanja alias Doctor Jose Chameleone, yagurishije yari yaraguriye umugore we ‘Daniella Villas’, iherereye ahitwa Bweyogerere, mu murwa mukuru wa Uganda, Kampala.

Amakuru avuga ko uyu muhanzi yagurishije iyi nzu miliyoni z’amashilingi ya Uganda 800, zingana na miliyoni zirenga 202 z’amafaranga y’u Rwanda.

Jose Chameleone ngo yafashe icyemezo cyo kugurisha iyi nzu yubatswe mu buryo bwa’agatangaza, mu rwego rwo kwiyamba kugira ngo arangize umwenda w’inzu aherutse kugura muri Leta zuzne ubumwe za Amerika, ari naho umurwango we usigaye uba muri iyi minsi.

Iyi nzu Chameleone yagurishije, yari yarayiguriye umugore we Daniella Atim mu mwaka wa 2012. Yavuze ko yahisemo kuyitanga kubera y’uko itarigikoreshwa n’umuryango we bitewe n’uko wamaze kwimuka.


Comments

16 February 2020

Uzajye andika ibyawe niba uri my mwiga