Print

Bebe Cool yatangaje umwanzuro utangaje azafata Bobi Wine naramuka abaye perezida wa Uganda

Yanditwe na: Dusingizimana Remy 17 February 2020 Yasuwe: 4503

Uyu Moses Ssali uzwi nka Bebe Cool unasanzwe ari umurwanashyaka w’ishyaka NRM rya perezida Museveni, yavuze ko Bobi Wine natsinda amatora ya 2021,azahita ahunga igihugu we n’umuryango we.

Bebe Cool yavuze ko atakomeza kwiyita umunya Uganda igihe cyose Bobi Wine yagira amahirwe agatsinda amatora y’umukuru w’igihugu.

Yagize ati “Ntabwo nasinze,ndashaka kubona Uganda nziza.Mu gihe tutarabona usimbura perezida Museveni,mureke akomeze atuyobore.Sinayoborwa n’umuntu unywa ibiybyabwenge kandi naramuka atsinze amatora,ndabasezeranya ko nzahita nimuka njye n’umuryango wanjye tujye ahandi.”

Bebe Cool yavuze ko aho kugira ngo ayoborwe na