Print

Rwabuze gica hagati ya Eddy Kenzo n’umunyamakuru bapfa amafaranga

Yanditwe na: Martin Munezero 21 February 2020 Yasuwe: 2045

Uyu Gavin avuga ko ubwo yari afite ishyirahamwe ry’abanyamakuru bakora inkuru za showbizz mu mwaka wa 2010-2011 yasabwe n’uwitwa SEWA wari ushinzwe gukurikirana ikinwa ry’umuziki wa wa KENZO gukina uyu muziki bamwemerera amafaranga ango ariko kuva icyo gihe ntayo yahawe, ibintu yita ko ari ukumuhemukira.

Aganira na www.howwebiz.ug Gavin yayitangarije ko yahemukiwe cyane yagize ati “barampemukiye bapfashije bayampa kuko bageze kure bakorera amafaranga”

Eddy we mu kumusubiza yamubwiye ko ntamasezerano bigeze kugirana yongeraho kp adashobora guha amafaranaga abamukinnye bose avuga ko uyu yatangiye kumukina mu mwaka wa 2011 ariko kandi hari abemeye kumukina kera aho yatanze urugero ku witwa Jacob wakoraga kuri radio yitwa Dembe F.M mu w’ 2007

Yagize ati “ sinagombaga guha amafaranga uwankinnye wese nku’urugero hari uwitwa Jacob wankinnye 2007 nta n’umwe unzi we nibura numva nazamuhemba ariko uyu wankinnye 2010 rwose ntacyo namuha”

Eddy kenzo ni umwe mu bahanzi bakunzwe mu gihugu cya Uganda akaba ari numwe mubo umukuru wiki gihugu aherutse kugurira imodoka yo mu bwoko bwa V8.