Nshuti ya NEMI,
Ese wowe ukora iki mu gihe utari kumvwa?
Ushaka uburyo ucika? cyangwa ahubwo wumva muri wowe ubabaye cyane ukabigumana muri wowe?
Inshuro nyinshi ntabwo Yesu yigeze yumvwa. ibintu bamushinje ni nabyo byaje kumugeza ku urupfu apfira ku musaraba, ndetse icyo gihe Imana iratsinda.
Ubuzima bwa Kristo ntabwo bwari bushingiye ku bigeragezo no kubigusha, ntabwo yigeraga yita ku bataramukundaga cyangwa se abamuvugaga nabi...........
Kurikirana iyi nyigisho birambuye kuri NEMI TV hano hasi.....
Yego rwose.Imana ishaka kudufasha mu bigeragezo.Niyo mpamvu yaduhaye bibiliya.Urugero,iyo twapfushije umuntu,bible itwereka ko niba apfuye yarumviraga Imana izamuzura ku munsi wa nyuma.
Ibyo bituma tugira ikizere yuko tuzongera kumubona,bigatuma tutarira cyane nk’abantu batizera Imana.
Bible itubuza guhangayika,ahubwo ibibazo byose tukabibwira Imana.