Me Antoinette kandi yadutangarije byinshi ku ngaruka bigira ku butabera mu gihe abakurikiranweho ibyaha bitabye Imana ku mpamvu iyo ariyo yose bataraburana.
Kizito mihigo wari ufungiye kuri station ya Polisi I Remera nyuma Polisi iza gutangaza ko yapfuye yiyahuye mu ijoro ryo ku cyumweru taliki 16 Gashyantare rishyira kuwa mbere taliki 17/2/2020.
Me Antoinette ndetse n’abo mu muryango wa Kizito bakaba bari bamusuye kuri icyo cyumweru bwari bukereho apfa.
Kurikira ikiganiro cyose twagiranye na Me Mukamusoni Antoinette.
UBUSE KOKO UTANGAJE NKURU NYABAKI? URUTWA NUWARI KURUCA UKARUMIRA UKAKIRA IBYABAYE NK’ABANDI.NTA NISONI?
Ubuse usomye ibyo mwandiste akuyemo iki ? Namwe murasha ama viewes shame on you!!!!😂😂😂😂😂😂
Nkurikije titre yiyi nkuru, na contents ndabona ntacyo uvuze rwose. Mujye mukora ibintu biri professionnel.