Print

Abifuza akazi ko kwita ku Mbwa za Polisi y’u Rwanda bahawe amahirwe[IBISABWA]

Yanditwe na: Martin Munezero 2 March 2020 Yasuwe: 4384

Nk’uko bigaragara mu itangazo ryashyizwe ahagaragara, umuntu wese wifuza gupiganira aka kazi, agomba kuba yujuje ibi bikurikira:

-Upiganira akazi agomba kwandikira ibaruwa y’akazi umuyobozi wa Polisi ushinzwe abakozi
-Kuba ari Umunyarwanda
-Kuba afite ubuzima bwiza
-Icyemezo cy’ubudakemwa mu mico no mu myitwarire
-Hongewe ho ko kuba yaba yarigeze gukorana n’inzego z’umutekano byaba ari byiza kurushaho.

Amabaruwa y’abasaba akazi agomba kugeza ku biro by’umuyobozi wa Polisi ushinzwe abakozi, bitarenze tariki ya 6 Werurwe 2020.

Ni itangazo ryashyizweho umukono na Komiseri ushinzwe ushinzwe abakozi muri polisi y’u Rwanda, ACP Yhaya Kamunuga.