Print

Video: Umunyamakuru Angeli Mutabaruka wa TV1 avuga ko ubuzima bwe buri mu kaga// Ariko ngo Polisi irahari

Yanditwe na: Ubwanditsi 9 March 2020 Yasuwe: 47397

Nyuma y’aho hari abibasiye Angeli Mutabaruka, umunyamakuru wa TV1 kur rubuga rwe rwa twetter bamutuka mu buryo bunyuranye we avuga ko ibi bimuteye impungenge kuko avuga ko abamutuka batibasira ibitekerezo bye ahubwo bamwibasira we ubwe ndetse bikaba binamuteye impungenge aho avuga ko ubuzima bwe bushobora kujya mu kaga.

Twagiranye ikiganro cyagarutse kuri ibi bibazo avuga ko afite ndetse no ku bindi binyuranye. Gusa avuga ko Polisi ayizeye ko icyamubaho cyose yamutabara.

Kurikira ikiganiro cyose twagiranye.


Comments

11 June 2020

bakirikiranwe


Nyirangirimana 8 April 2020

Ukuri niko kuzabatura abantu ariko abantu banga urunuka ukuri.
Niba Angeli ufite ubwoba,senga cyane.


Patrick 24 March 2020

Imyumvire ikiri hasi mubaturage nicyo kibazo uri umunyamakuru knd ugomba kuvuga ibigenda nibitagenda neza
Ntibiguce intege


angel 12 March 2020

Nibakureke barakubaza iki kurumunyamakuru mwiza


angel 12 March 2020

Nibakureke barakubaza iki kurumunyamakuru mwiza


angel 12 March 2020

Nibakureke barakubaza iki kurumunyamakuru mwiza


angel 12 March 2020

Nibakureke barakubaza iki kurumunyamakuru mwiza


ALMU 11 March 2020

Banza Imana ariyo wizera! Naho hari abapfuye kandi iyo Polisi ihari, yaranabimenyeshejwe! Mbere na mbere Imana!!!