Print

Umugabo yahisemo kureka umugore we aryamana n’umukobwa yibyariye

Yanditwe na: Martin Munezero 10 March 2020 Yasuwe: 4388

Nkuko bitangazwa na Nile Post dukesha aya makuru, ngo Sheikh Ssemakula yabanje kugurira uyu mwana w’umukobwa impano zitandukanye, kumusohokana, ndetse akaba aherutse no kumugurira telefone igezweho ya Smart Phone kandi umugore we nta n’intoya afite.

Ibi ngo byatumye umuryango ukena ku buryo udashobora kubona n’ibyangombwa bya buri munsi bikenewe mu rugo.

Mu kwiregura, Sheikh Ssemakula avuga ko ibyo yakoreye umukobwa we kwari ukumwereka urukundo rwa kibyeyi ndetse no kumurinda abasore.