Ibihe n’umwanya bidasanzwe uyu musore yashoboye kugirana n’umucuruzikazi witwa Zari Hassan Tlale ukomoka muri Uganda ariko usigaye atuye muri Afurika Yepfo yabigaragaje mu mashusho yabo bombi bashyize hanze bahuje urugwiro nkuwakwiriye bishimanye byuzuye.
Ibi byagaragaye binyuze mu cyemezo cyafashwe na Boss Lady ku rubuga rwe rwa Instagram aho yashyize ahagaragara amashusho ye maze ashima umuririmbyi wa "Nkuloga" kuba afite umwumbati munini kandi uryoshye nta gushidikanya ko bishimiye ijoro ridasanzwe bazahora bibuka.
Zari Hassan Tlale ati: "Igihe udafitiye umwenda banki ariko abantu uwubajyamo @ iamgrenadeofficial we musazi ijoro ryabaye ryiza cyane. Uwagusariye aragukunda."
nyuma y’aya mashusho basomana bombi,hakomeje kugaragara abanegura ko Zari arimo arakomeretsa bikomeye Grenade Official,nubwo yahakanye ibihuha byavuzwe mbere byo gukundana n’umuhanzi ukiri muto wo muri Afurika y’iburasirazuba kandi ko Grenade ubu yibanda ku buzima bwe bw’urukundo ku bapfakazi n’abakecuru.
Aba Stars bashyira imbere ingeso yo gushurashura.Uyu ZARI,ntacyo arusha Diamond batandukanye.Buri wese ajya gushaka uwo bishimana mu gitanda.Ariko bage bamenya ko Imana ibitubuza.Nubwo abantu miliyoni na miliyoni baryamana batarashakanye mu rwego rwo kwishimisha,Imana yaturemye irabitubuza.Itwemerera kuryamana n’umuntu umwe gusa tuzabana binyuze mu mategeko.Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato,hanyuma bikazakubuza ubuzima bw’iteka muli Paradizo kandi ntuzazuke ku Munsi w’Imperuka.Nukugira ibitekerezo bigufi cyane.