Print

Itangazo: KTN Rwanda irashaka Company yo gukorana nayo mu gupima no gukata ibibanza

Yanditwe na: Ubwanditsi 13 March 2020 Yasuwe: 5236

Ababyifuza bakaba basabwa kohereza ibyangombwa byabo mu mabaruwa afunze aho KTN Rwanda ikorera mu nyubako za Down Town mu mujyi mu muryango wa F3-19, uzamukiye ahegereye aho imodoka zijyana abagenzi I Nyamirambo zisohokera.

Ibyangombwa bikaba bikubiyemo icyangombwa cy’ubucuruzi cya RDB, umwirondoro wa Company ndetse n’urutonde rw’abakozi ifite isanzwe ikoresha iyo mirimo.

Ibi byangombwa bikaba bigomba kuba byageze ku biro bya KTN Rwanda bitarenze kuwa gatanu taliki 20/3/2020 Saa kumi n’imwe z’umugoroba. Abo KTN Rwanda izatoranya bakaba bazahamagarwa ngo bumvikane ku mikoranire.

Ku bindi bisobanuro mwaduhamagara kuri nomero ya telephone igendanwa
0783001414 /0738767519