Print

Itangazo: Uwitwa Gakwaya Ngirerubanda Eric yasabye guhindura amazina akitwa Muhire Nick Eric

Yanditwe na: Ubwanditsi 17 March 2020 Yasuwe: 620

Uwitwa Gakwaya Ngirerubanda Eric yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko amazina Gakwaya Ngirerubanda akayasimbuza izina Muhire naho izina Nick akaryongera ku mazina yari asanzwe yitwa bityo amazina ye akaba Muhire Nick Eric mu bitabo by’irangamimerere.

Impamvu atanga akaba ari uko muri 2005 yagiye mu gihugu cy’Ububiligi amazina Gakwaya Ngirerubanda yayashimbuje izina Muhire naho izina Nick aryongera kuyo yari afite bityo abona ibyangombwa ku mazina ya Muhire Nick Eric. Akaba yifuza ko ibyangombwa akoresha mu Bubiligi yabihuza n’ibyo mu Rwanda.

Ingingo z’ingenzi yashingiyeho asaba inzego zibishinzwe guhindura amazina zikaba ziri hano hasi: