Print

Habonetse abandi bantu 6 banduye Coronavirus buzuza 17 bayanduye mu Rwanda

Yanditwe na: Dusingizimana Remy 20 March 2020 Yasuwe: 3208

Uyu munsi ubaye uwa mbere ubonetseho umubare munini w’abagaragayeho iyi virus kuva yagera mu Rwanda kuko habonetse 6. Ibi byatumye abamaze kumenyekana ko bafite iyi virus mu Rwanda bagera kuri 17.

Mu gihe ejo nta muntu n’umwe wagaragaweho Covid-19 uyu muni abayanduye biyngereye cyane arik benshi mu bagaragaye n’abamaze imini mike baturutse hanze.

MINISANTE yavuze ko abarwayi bose bari kuvurirwa ahabugenewe ari nako hashakishwa abantu bose bahuye nabo kugira ngo basuzumwe kandi bitabweho n’abaganga.