Uyu muhanzikazi ukomoka muri Nigeria yanditse ku mbuga nkoranyambaga ze ko atashobora gukomeza kurara mu bwigunge ariyo mpamvu agiye kwitabaza ibi bikoresho byifashishwa mu kwikinisha.
Yagize ati “Nta muntu musore turi kumwe.Amajoro yo kwigunga.Nicyo gihe cyo kongera gucaginga ibikinisho byanjye.”
Tiwa Savage n’umwe mu bahanzikazi bakunze kuvugwaho byinshi mu rukundo aho mu minsi yashize byavugwaga ko akundana n’umuhanzi Wizkid ukunze kwiyita Starboy.
Muri iki gihe isi yose ihangayikishijwe na Coronavirus ariyo mpamvu uyu muhanzikazi yanze kujya mu bagabo kugira ngo batayimwanduza cyane ko yandurira mu gusuhuzanya n’ibiganza,gusomana ku munwa n’uyanduye n’ibindi.