Print

Messi niwe mukinnyi winjije amafaranga menshi ku isi muri 2019 mu gihe Kylian Mbappe ariwe uhenze kurusha abandi bose [URUTONDE]

Yanditwe na: Dusingizimana Remy 26 March 2020 Yasuwe: 1970

Amafaranga ya Messi yaturutse ku mushahara uri hejuru,uduhimbazamusyi,kwamamariza amakompanyi akomeye,ubucuruzi bwe n’ibindi.
Uyu munya Argentina akurikiwe na Cristiano Ronaldo wa Juventus we winjije akayabo ka miliyoni 109 ku mwaka.

Aba bombi nibo bakinnyi ba ruhago bonyine babashije kwinjiza arenga miliyoni 100 ku mwaka.Raheem Sterling niwe mwongereza rukumbi uri kuri uru rutonde ndetse ni nawe ukina muri Premier League ururiho.

Ku bijyanye n’abakinnyi bahenze cyane ku isi,umufaransa Kylian Mbappe niwe waje ku mwanya wa mbere ku rutonde aho abarirwa igiciro cya miliyoni 189 z’amapawundi.

Urutonde rw’abinjije amafaranga menshi muri 2019:

Urutonde rw’abakinnyi bahenze kurusha abandi ku isi: