Print

Huddah Monroe yifashishije ifoto ye ishotora igitsina gabo agenera ubutumwa abagabo bari kwikinisha muri ibi bihe bya Coronavirus

Yanditwe na: Martin Munezero 22 April 2020 Yasuwe: 6744

Ibi Huddah Monroe yabivuze ashaka kwihanangiriza abagabo kureka gukora ibi, ku bashaka kubyumva haba abagore cyangwa abagabo, kuko ngo abagore bashaka abana, aho yagize ati:

Kandi sinzi haba abagabo cyangwa abagore bakeneye kumva ibi, ariko bareke kwikinisha cyane muri iyi karantine. Lol! Iri shyano ryica igitsina cyawe! Muri ibyo byombi, kwikinisha bigabanya imisemburo ishinzwe gutanga intanga… turashaka abana mwa bapfu mwe !!

Yongeyeho agira ati:

Uku gufunga [GumaMuRugo] gutuma tuba imbata z’ibinini byo gusinzira ndetse n’ibindi bintu!! Reka gusinzira, saba IMANA igufashe guhumura amaso mu by’ukurikuri.

Ejobundi, uyu munyaburanga yemeye ko gushyirwa mu kato byamucishije bugufi kugeza aho asabiriza igitsina cy’umugabo. Kubera ko akunda gutembera, Madamu Monroe yongeyeho ko kuri ubu yumva asa n’ufunzwe. Abinyujije mu nkuru ze za Insta (Insta-stories), yagize ati:

Natandukanye n’umukunzi wanjye, ariko nyuma y’amasaha 2 ndumva ndarambiwe none ndashaka ko agaruka! Karantine yanteye gusabiriza igitsina, ariko bakansubiza ngo n’icishe bugufi! Karantine rwose yancishije bugufi! Numva meze nk’inyamaswa zifunze cyangwa imfungwa.

Mu yindi nyandiko itandukanye, Huddah Monroe yavuze ku kubana no gutandukana kw’abashakanye muri ibi bihe agira ati: “Ndabona impamvu abagabo basigaye bakundanye n’abagore babo, abandi bagatandukana. Mwiicishe bugufi kuko nta handi mwajya. Abo bakobwa beza bose baterwa inda bakabyara bakaba aba mama byarangiara bakajugunywa, ntibagirwe abagore mu rugo. Biragaragara. Birenze umubiri n’ubwiza! Abagabo bashaka byinshi.”


Comments

munyemana 22 April 2020

Abakobwa benshi bakeka ko kwambara ubusa bibaha agaciro.Ntabwo bazi ko bigira opposite effect (effet inverse) kuko bituma abagabo babifuza kugirango baryamane.Ntabwo ari byiza kwanika ibibero,amabere,sex imana yaguhaye.Yabiguhaye kugirango uzabihe umuntu umwe gusa muzabana biciye mu mategeko.Abantu banga kumvira imana izabakura mu isi ku Munsi w’Imperuka.Naho abumvira Imana,izabazura kuli uwo munsi, Ibahe ubuzima bw’iteka muli paradizo nkuko bible ivuga.