Print

Amafoto umuhanzikazi wo muri Uganda ’Spice Diana’ yashyize hanze yambaye utwenda two kurarana yateje ururondogoro[AMAFOTO]

Yanditwe na: Martin Munezero 27 April 2020 Yasuwe: 6615

Ku munsi w’ejo mu masaha ya nijoro, ubwo yifurizaga abakunzi be ijoro ryiza, Spice Diana yifashishije urubuga rwa Instagram, yabasangije amafoto ye ari mu cyumba araramo mu myenda itukura araramo, ibyatumye bamwe mu bagabo bamukurikira bacika ururondogoro abandi amarangamutima arabarenga bagira bati:” Niwowe wa mbere mwiza ku Isi” nyuma yo kubona ikimero cye..

Benshi mu babonye ayo mafoto wasangaga bahuriza ku kintu kimwe, aho bibazaga umuntu waba yaragize ayo mahirwe yo gufotora ayo mafoto. ku rubuga rwa facebook, bamwe bagize bati:

Ese ninde wayagufotoye? Yari ahagaze he? Ese koko hari nijoro cyangwa ni kumanywa? Ibyiza byose niwe wabibonye.

Uratubeshye aya mafoto yafotowe ku manwa si nijoro yafotowe kuko mu madirishya haratwereka ko hanze ari kumanwa.

Uwangira inkweto zawe nibwo nabasha kureba ubwiza bwawe neza.



Reba amwe mu mafoto meza Spice Diana yashyize kuri Instagram ari mu cyumba yambaue utwenda two kurarana dutukura: