Print

Umukinnyi wo muri Algeria yafashwe yikinishiriza ku karubanda

Yanditwe na: Martin Munezero 8 May 2020 Yasuwe: 1818

Sandra Chirac-Kollarik, umwunganizi mu mategeko w’uyu mukinnyi w’umupira w’amaguru yagize ati: “Nta muntu yari yibasiye, kandi nta muntu n’umwe yagiriraga nabi.”

El Melali ,umusore usanzwe akina ku ruhande, yemeye “imyifatire idakwiye” igihe abapolisi bamufataga bamuhata ibibazo. Kuva icyo gihe yahise shinjwaa gukora ibikorwa by’urukozasoni ku karubanda.

Bivugwa ko El Melali yavuze ko icyo gihe yatekereje ko ari wenyine mu gikari cy’inyubako ivugwa aho yakoreye icyo cyaha, kuri ubu akaba yararekuwe, ariko “azaburanishwa bidatinze mu rwego rwo kwitaba urukiko mbere yo gukatirwa, bihwanye no kwirega icyaha“, nk’uko Le Parisien yongeyeho.

Umushinjacyaha avuga ko hari ibirego bishinja El Melali ku cyaha nk’iki muri Mata, nubwo bivugwa ko umutangabuhamya atashoboye kumumenya.

Biteganijwe ko uyu mukinnyo wumupira wamaguru wa Alijeriya azahanwa n;ikipe yeye ya Angers .yemeye ko bamenye icyo kibazo, ariko bakavuga ko “bazategereza icyemezo” mbere yo gutanga ibisobanuro birambuye.