Print

Umukobwa ukina filimi muri Ghana yaciye ibintu kubera ukuntu yavuze ko aryamana n’abagabo akabaca akayabo k’amafaranga

Yanditwe na: Martin Munezero 27 May 2020 Yasuwe: 4360

Yitwa Shugatiti ndetse yemereye Televiziyo yitwa Angel TV ko ajya yoherereza abagabo amafoto ye atambaye noneho mbere y’uko ayabaha bakabanza bakamwoherereza amadolari igihumbi bakabasha kuyabona. Ibi yasobanuye ukuntu aribyo byatumye atera intamwe yo kureba uko yakwishyuza amafaranga arusha ayo akorera yohereje amafoto maze ahitamo gufata indi ntera isumbye iyambere.

Shugatiti yavuze yabonye ko akura amafaranga menshi mu kohereza amafoto avuga ko aramutse agiye abemerera akaryamana nabo byatuma yinjiza amafaranga arenzeho, nuko atangira kubyemera biyuma atangira kujya abasha kwinjiza amadolari ibihumbi 5000 angana n’amanyarwanda ’4761 064’ avuye ku madolari 1000.

“Abagabo bajyaga bampamagara bakampa amadolari 1000 kuryamana bitarimo, amafoto ntambaye yatumye mbona ko nshobora kwerekeza muri ako kazi” ni uku Shugatiti abisobanura.

Yakomeje abwira Angel TV ati: “Nakira guhera ku bihumbi 5000 gusubiza hejuru,kuko igihumbi bakimpa gusa iyo nta kintu bari bukore, rero nguca make iyo tutari buryamane,gusa ndashaka kureba uko nakwiyitaho ndetse nihe n’agaciro nzamure ibiciro”.


Comments

munyemana 27 May 2020

Ntabwo ari byiza kugurisha umubiri Imana yaduhaye.Bibabaza Imana cyane.Nubwo abantu miliyoni na miliyoni baryamana batarashakanye mu rwego rwo kwishimisha,Imana yaturemye irabitubuza.Itwemerera kuryamana n’umuntu umwe gusa tuzabana binyuze mu mategeko.Ikavuga ko abasambanyi batazaba mu bwami bw’imana.Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato,hanyuma bikazakubuza ubuzima bw’iteka muli Paradizo kandi ntuzazuke ku Munsi w’Imperuka.Nukugira ibitekerezo bigufi cyane.