Ni inkuru kandi yisubanuyeho ku binyamakuru byo mu Rwanda,yabihakanye ndetse ngo ntibakwiranye.Ninde urenze muri bo bombi?
Yagize ati”Imbuga nkuranyambaga zo muri Tanzania zamvuze mu rukundo na Diamond ku bw’ifoto yasakaye yanjye.Ahhh… ntabwo namwemera ariko nawe birashoboka gusa njye ntabwo nabijyamo ikindi sinavuga ko ari umugabo w’inzozi zajye z’ejo hazaza.”
Uyu mukobwa kandi avugwa mu rukundo n’umukinnyi wa Filime Papa Sava hari n’amakuru avuga ko baba bitegura ubukwe mu mpera z’Ukuboza uyu mwaka,gusa ngo si ngombwa kugira icyo abivugaho igihe kizabyivugira.
Uyu mukobwa mu buzima busanzwe ngo akunda umugabo wiyubaha,uzi Imana,uzikubana,yiyubaha kandi yakira uwo ariwe, n’ibindi.
Urukundo n’umunyarwandakazi nanone Diamond yaherukaga kubivugwaho na Shadboo bombi barabihakana.
Inzira yaba itabwira umugenzi se bahu!! Nzabambarirwa numwana wumunyarwanda ! Naho mbitezamaso tuvuka hamwe rwose!
Bibaye aribyo burya gusara kwaba arugushishikara koko!! Ubwo inzira yaba itabwira umugenzi da!
Mwihangane mbabwize ukuri uyumukobwa ni mwiza pe aliko mibo Diamond yakwemera uyu ntarimo.