Print

Itangazo rya cyamunara y’inzu yo guturamo iri mu Karere ka Kicukiro

Yanditwe na: Ubwanditsi 1 June 2020 Yasuwe: 335

Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa mbere taliki 08/06/2020 saa tanu z’amanywa (11h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’inzu yo guturamo iherereye mu Karere ka Kicukiro Umurenge wa Kicukiro, Akagali ka Kicukiro, Umudugudu wa Kicukiro kugira ngo harangizwe urubanza BRD yatsinzemo Bayiringire Francois na Mushimiyimana Odette.

Cyamunara ikaba izabera aho umutungo uherereye. Niba ukeneye ibindi bisobanuro wahamagara Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga Me Gervais Bajeneza kuri nomero 0788357831/0785109745.