Print

Umukobwa yatunguranye avuga uburyo yifuza ko Davido yamufata ku ngufu

Yanditwe na: Martin Munezero 10 June 2020 Yasuwe: 1522

Yakoreshe urukuta rwe rwa Twitter yifuza ko Davido aramutse yemeye ko baryamana ntacyo bimutwaye asanzwe akoresha izina rya @9jastudios ku rubuga nkoranyambaga rwa Twitter, “Nifuza ko Davido yamfata ku ngufu hhhhhhhhhh” ntabwo byakiriwe neza n’abamukurikira kuri Twitter ye ko nk’umukobwa adakwiye kugira icyo cyifuzo cyo gufatwa ku ngufu n’umuntu runaka.

Davido akomeje kuvugwaho amakuru menshi y’uko hari undi mukobwa ubarizwa mu gihugu cy’Ubwongereza uyu muhanzi ukomeye yaba yarateye inda, uyu mukobwa bikekwa ko atwitiye Davido yitwa Larissa. Iyi nkuru y’umukobwa wifuza gufatwa ku ngufu na Davido ije mu gihe muri Nigeria harimo kuvugwa ibintu byinshi cyane byerekeye gufata ku ngufu abakobwa, Tekno uri mu bakomeye muri Nigeria aheruka gusaba Imana guhana abakora ibyo gufata ku ngufu.


Comments

munyemana 10 June 2020

Gusambana ntacyo bikibwiye abantu.Bisigaye byitwa "kuba mu rukundo".Imana ntacyo ikibwiye abantu.Bible ivuga ko "mu minsi y’imperuka abantu bazaba bakunda ibibanezeza kurusha Imana".
Nubwo abantu miliyoni na miliyoni baryamana batarashakanye mu rwego rwo kwishimisha,Imana yaturemye irabitubuza.Itwemerera kuryamana n’umuntu umwe gusa tuzabana binyuze mu mategeko.Ikavuga ko abasambanyi batazaba mu bwami bw’imana.Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato,hanyuma bikazakubuza ubuzima bw’iteka muli Paradizo kandi ntuzazuke ku Munsi w’Imperuka.Nukugira ibitekerezo bigufi cyane.