Print

Iyo Databuja arimo gutera akabariro ndumviriza nkumva mbishaka kandi na Mabuja aba anshaka-NKORE IKI?

Yanditwe na: Martin Munezero 19 July 2020 Yasuwe: 6879

Ndi umusore w’imyaka 23 nkora akazi ko mu guro, aho nkorera Mabuja wanjye ni umudamu mwiza ukiri muto wisanzura kuri buri muntu wese. Ntangira akazi yamfataga nka musaza we akanyitaho umunsi kuwundi nkarushaho kumva mukunze kubera ibyo yankoreraga atitayeko ndi umukozi wo mu rugo.

Uko kunyereka urukundo nanjye nitwaraga nk’umwana mwiza nuko Databuja agashima uko tubanyeho kuko nta ntonganya yumvaga mu rugo. Uwo Mabuja nta kazi afite yirirwa mu rugo ahava agiye gusura inshuti ze nabwo agahita agaruka byumvikana ko tumarana amasaha menshi turi kumwe.

Umunsi umwe yansabye kuza gukora mu cyumba cye avuye koga ninjira yambaye essuie-mains mubonye ndikanga ambaza icyo mbaye ndya indimi ambwira ko ntacyo ngomba gutinya kuko tumeze nk’abavandimwe. Yakomeje kuzajya anyiyegereza gacye gacye gusa kuko njyewe ndi umusore utinya abakobwa nkajya ngerageza kumugendera kure.

None ikibazo mfite ubu iyo Databuja arimo gutera akabariro njya kumviriza nakumva ukuntu umugore twirirwana ataka cyane nkumva ndabishatse bikantera kwikinisha mu gihe barimo gutera akabariro. Ese mpemukire Databuja nzajye ndyamana n’umugore we mu gihe yagiye mu kazi? Databuja ampa buri kimwe amfata nk’umwana we, Ko ikimero cya Mabuja kigiye kunshumuza koko nkore iki? Inama zanyu zirakenewe