Print

Nkore iki ko iteka mba numva nshaka gukora imibonano mpuzabitsina?Rimwe nabikoze ryaransajije pe!

Yanditwe na: Martin Munezero 1 August 2020 Yasuwe: 4390

Nigeze kubikoraho rimwe n’umuhungu twiganaga ariko turangije Primaire twese twaraburanye,ariko mwumve ngo iryo rimwe nanubu riracyatuma nshyuha cyane muri njye pe.

Mba numva rwose mbishaka cyane ariko nubwo mba numva umubiri uba unshuka cyane nanone umutima wanjye ntago unyemerera kuba nabikora kuko kuko ndakijijwe.

Mba numva nzabikorana n’umugabo wanjye tuzabana kandi mba mbona bizafata igihe kirekira kugirango mbane n’uwo tuzarushingana kuko ubu niga mu wa kane wisumbuye (secondaire).

None ubu koko niki nakora kugirango icyo kibazo cyanjye gikemuke? Nukuri ndaremerewe pe.


Comments

Bushaka 3 August 2020

Ntakwigora shaka uwowizeye mubikorane gusa mwibuke gukoresha agakingirizo


Jimmy 2 August 2020

Uzaze mbigukorere nzi kubikora neza. Uzaze nk’umare ipfa ntago uzongera kurehareha!

N.B: I’m serious.


Jimmy 1 August 2020

Ngwino tube inshuti ubundi njye mbigukorera uko ubishatse.
N.B: I’m serious. Nzajya mbigukorera uko ubishatse kdi mbikora neza ubundi ikibazo cyawe gikemuke.


sisi 1 August 2020

Sha uwo ukunda ubundi mubane nkumugore numugabo ntago wahagarika kubishaka nicyo Imana yabiremeye shaka umugabo mujye mubikora uko mushaka utazashiduka byaragushoye muburaya


cyusa 1 August 2020

Ikigoryi gusa njye inama naguha uzajye mumigina bagukosore uzavayo wabihuzwe.