Uwitwa Dusabimana Geregine yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko izina “Geregine” akarisimbuza izina “Egyde” mu mazina asanzwe yitwa bityo amazina ye akaba Dusabimana Egyde mu bitabo by’irangamimerere.
Impamvu atanga zituma asaba guhindura amazina akaba ari uko izina “Egyde” ari izina yabatijwe.
Ingingo z’ingenzi yashingiyeho asaba inzego zibishinzwe guhindura amazina zikaba ziri hano hasi: