Uwitwa Mfashijwenimana yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko izina “Fabrice” akaryongera ma mazina asanzwe yitwa bityo amazina ye akaba Mfashijwenimana Fabrice mu bitabo by’irangamimerere.
Impamvu atanga zituma asaba guhindura amazina akaba ari uko izina “Fabrice” ari izina yabatijwe.