Print

Umusore n’umukobwa bakundanaga byimazeyo biyahuriye rimwe basiga banditse n’urupapuro[URUPAPURO]

Yanditwe na: Martin Munezero 5 September 2020 Yasuwe: 15699

Uyu musore n’umukobwa bakundanaga byimazeyo bombi bakomoka muri Leta ya Anambra muri Nigeria, gahisemo kwiyahura nyuma yuko umuryango w’umusore wanze ko bashyingiranwa..

Bivugwa ko ikintu cyababaje cyane uyu musore wamenyekanye ku izina rya OSU, ni uko umuryango we utemeye urukundo rwabo umwangira kurongora uwo mukobwa yari yarihebeye, nuko bombi bahitamo kurangiza ubuzima bwabo.


Comments

10 September 2020

Abayohova bari aha we, none se Gasagara we,ubabara ute? Hanyuma se ubwirwa na nde uwo mubare? Ubu bageze kuri bangahe ku buryo uyu mwaka izaba ibaye milioni?


gasagara 5 September 2020

Biteye agahinda.Bakundanaga cyane.Buri mwaka,abantu biyahura babarirwa kuli 1 million,ariko muri bo,ibihumbi 200 barabigerageza bikanga.Hiyahura umuntu umwe buri segonda 40. Abiyahura benshi bakoresha intwaro,umugozi,uburozi,kwiroha mu mazi,etc...Babiterwa ahanini n’ibibazo bitandukanye,cyanecyane kwiheba. Muli Nigeria,abantu bagera kuli 50 biyahura buri kwezi kubera Betting.Mu isi nshya dusoma ahantu henshi muli bible,nta muntu uzongera kwiyahura,kubera ko ibibazo byose bizavaho burundu.Harimo indwara,ubukene,akarengane,ubushomeli,etc...Ndetse n’urupfu ruzavaho nkuko Ibyahishuwe 21:4 havuga.Iyo paradizo izaturwamo gusa n’abantu bumvira Imana,kubera ko ku munsi w’imperuka,abakora ibyo Imana itubuza bose bazakurwa mu isi nkuko Imigani 2:21,22 havuga.