Uwitwa Ntawuguranayo Emmanuel yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko izina “Emmanuel” akarisimbuza izina “Jean Dieu” mu mazina asanzwe yitwa bityo amazina ye akaba Ntawuguranayo Jean de Dieu mu bitabo by’irangamimerere.
Impamvu atanga zituma asaba guhindura amazina akaba ari uko izina “Jean de Dieu” ari izina yabatijwe.