Uwitwa Ilibagiza Jeanne yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko izina “Kimbirima” akaryongera mu mazina asanzwe yitwa bityo amazina ye akaba Kimbirima Ilibagiza Jeanne
mu bitabo by’irangamimerere.
Impamvu atanga zituma asaba guhindura amazina akaba ari uko izina “Kimbirima” ari izina ry’umuryango.