Print

Reba urutonde rw’abahanzikazi bo muri Uganda bifurijwe guterwa Inda[AMAFOTO]

Yanditwe na: Martin Munezero 1 October 2020 Yasuwe: 3241

Uru rutonde rwatanzwe n’ abafana b’ abahanzi bagendeye ku rukundo babafitiye ndetse n’ ibyifuzo byiza aho bavuga ko igihe cy’ aba bakobwa cyo kurongorwa no kubyara cyageze ndetse na bandi bashimangira ko igihe cyabo cyanarenze.

1.Jeniffer Full Figure:

Abafana bavuga uyu mukobwa bamwemera cyane ndetse ko afite n’ inyinya ibakurura bakaba bamwifuriza gutwita bidatinze.

2.Irene Ntale:

Uyu mukobwa nawe arakunzwe cyane n’ ubwo yavuye mu rusengero aho yarerewe abafana be bamwifuriza kuba yabyara.

3.Sheebah Kalungi:

Muri iyi myaka ishize uyu muhanzi yakoze udushya twinshi mu rugendo rwe rwa muzika ibi bituma abamukunda bamwifuriza kubona umwana we bwite.

Ice Cream,Twesana,Maridadi, Mankoona, Jordan, John Rambo ni zimwe mu ndirimbo za Sheeba zikunzwe.

4.Serena Bata:

Indoro nziza, ijwi rigorotse n’ ubugwa neza bituma abafana b’ uyu muhanzi ukomoka i Mitiyana bamwifuriza kubyara akanaheka.

5. Nina Roz:

Uyu muhanzi azwiho kugora ubucuruzi ku mateleviziyo azwiho kuba afite umwana umwe ariko ntibibuza abakunzi kumwifuriza kongera gusubirayo bagira bati nta mahwa!

Wankyawa, Bikulabye, Akati ,Yegwe Nsonyiwa, Yegwe Munangwe ni zimwe mu ndirimbo z’ umuhanzi Serena Bata.
Abafana ba Irene Nantale bemeza ko ashobora kubyara abana beza ngo biturutse ku buranga bwabo