Print

Mama wa Diamond n’umugabo we wa 2 yemeza ko yamuhaye urukundo rwamusubije bwana bizihije isabukuru mu buryo budasanzwe[AMAFOTO]

Yanditwe na: Martin Munezero 3 October 2020 Yasuwe: 10162

Nyina wa Diamond kuri ubu ari mu munyenga w’urukundo n’umugabo uzwi ku mazina ya Uncle Shamte, hamwe n’uyu mugabo ntibasiba kugaragaza ko baryohewe n’urukundo babibyujije kumbuga nkoranyambaga bakoresha.

Mama Dangote na Shamte babanye muburyo bweruye mu mwaka wa 2017.

Kuva aba bombi batangira kugaragaza ko babana, abakoresha imgugankoranyambaga muri Tanzania bagiye babibasira cyane, kubera uburyo bigaragaza murukundo, bikora nk’iby’abakiri bato.

Nyina wa Diamond, kuri ubu ari kuzuza imyaka 49 y’amavuko, abinyujije kumbugankoranyambaga ze akoresha yasangije abamukurikira amafoto atandukanye arikumwe n’uyu mugabo we, bombi bari murwogero rwa pisine.

Uyu mubyeyi yagaragajeko aryohewe n’urukundo yawe n’uyu mugabo wa Gatatu yasimbuje Se w’umuhanzi Diamond, Uyu mubyeyi yahamijeko, ubu aryohewe n’urukundo kuko ngo rwamusubije mubihe by’ubuto.