Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatanu taliki 23/10/2020 guhera saa tanu za mu gitondo (11h00) azateza mu cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’ishyamba wa Bihoyiki Jean Marie Vianey uherereye mu mudugudu wa Gitwa, Akagali ka Remera, Umurenge wa Ruheru, Akarere ka Nyaruguru kugira ngo hishyurwe umwenda abereyemo Ntawuyihiga Emmanuel.
Cyamunara ikaba izabera aho umutungo uherereye. Niba ukeneye ibindi bisobanuro wasoma itangazo riri hano hasi cyangwa se ugahamagara kuri Tel igendanwa ya Me Ruvusha Justin : 0785762006/0784859763.